Abavura indwara zo mu mutwe ngo imibereho mibi no gutotezwa biri mu bizitera

Mu kiganiro abagize ihuriro nyarwanda ry’abaforomo bavura indwara zo mu mutwe bahaye abaturage bo mu kagali ka Nkusi mu Murenge wa Jali mu Karere ka Gasabo nyuma yo gushinga inkingi aho bagiye gutangira kubakira umubyeyi wabaga mu nzu ishaje, bavuze ko imibereho mibi, gutotezwa no kunywa ibiyobyabwenge biri mu mpamvu zituma abantu barwara mu mutwe. […]